RFL
Kigali

CITY MAID E6: Nick na Nikuze bataye umutwe kubera inkuru mbi banditsweho na Audrey

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:12/03/2018 16:31
0


Igice gishya cya 6 cya filime y'uruhererekane ya City Maid mukunda muri benshi cyageze hanze kuri uyu wa Mbere. Ni igice tubonamo Nick na Nikuze bataye umutwe bitewe n'inkuru mbi banditsweho n'umunyamakuru witwa Audrey wibanze ku rukundo rwaboo akavuga ko bari mu rukundo rudashoboka.



Muri iyi nkuru Audrey yanditse akayisakaza ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, avuga ko Nick na Nikuze bari mu rukundo rudashoboka aho yavuze ko umuhanzi w'icyamamare Nick ari mu rukundo n'umukozi wo mu rugo bityo urukundo rwabo rukaba rudashoboka. Nick ndetse na Nikuze, buri umwe ari gukora ibishoboka kugira ngo iyi nkuru ive ku rubuga, gusa Audrey yakaniye na cyane ko agamije gucuruza dore ko yizeye kubona akazi mu bantu bazamuhamagara basomye inkuru ye. 

REBA HANO IGICE GISHYA CYA 6 CYA CITY MAID






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND