RFL
Kigali

Burbie Banks yisunze Bull Dogg bakorana indirimbo bise 'Amamara'-YUMVE

Yanditswe na: Editor
Taliki:27/01/2018 14:31
0


Umuraperi Burbie Banks uzamutse neza muri Hiphop yakoranye indirimbo na Bull Dogg umwe mu bafite izina rikomeye muri Hiphop ya hano mu Rwanda. Ni indirimbo bise 'Amamara' ndetse kugeza ubu yamaze kugera hanze aho wayisanga kuri Youtube ndetse no ku Inyarwanda.com



Iyi ndirimbo 'Amamara' ya Burbie Banks na Bull Dogg yakozwe na producer Devdenko umwe mu bazobereye mu gutunganya indirimbo z'abaraperi batandukanye. Burbie Banks ashyize hanze iyi ndirimbo 'Amamara' nyuma y'izindi zitandukanye yakoze cyane cyane muri 2017 dore ko ari bwo yakoze cyane aho yagiye agaragara yakoranye indirimbo na bagenzi be bakunze gukorana. 

UMVA HANO 'AMAMARA' YA BURBIE BANKS FT BULL DOGG






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND