RFL
Kigali

Baby Style yatangiranye 2018 n'indirimbo nshya 'Birthday' asaba abinjiye mu mwaka mushya gushima Imana-YUMVE

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:1/01/2018 9:59
0


Baby Style yabimburiye abandi bahanzi nyarwanda mu gusohora indirimbo nshya muri 2018. Uyu mwana w'imyaka 10 y'amavuko yasohoye indirimbo nshya yise 'Happy Birthday' mu kwifuriza abantu umwaka mushya.



Muri iyi ndirimbo 'Birthday', Baby Style avuga ko ubuzima ari impano y'Imana bityo abantu bakaba bakwriye gushima Imana kuba binjiye mu mwaka mushya wa 2018. Aragira ati: "Dore umwaka urashize none undi uratashye, imyaka yashize yishimire Imana kuko buri segonda ni ko Imana iturinda, ishimire ko wesheje imihigo, unigayire aho wananiwe, unasabe imbabazi abo wahemukiye kuko ubuzima ari impano y'Imana."

UMVA HANO 'BIRTHDAY' INDIRIMBO NSHYA YA BABY STYLE







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND