Burya ngo inzoka zo mu nda zishobora gutuma umuntu abyibuha bidasazwe cyangwa akabyimba inda kubera amibe, H.pylori, imiyege na za bagiteri zinyuranye.
Dore bimwe mu bimenyetso bishobora ku kwereka ko ufite inzoka zo mu nda:
Ibi byose rero bituma umubiri ubyibuha mu buryo bw’akajagari bityo umubiri ntubashe gukamura neza intungamubiri akaba ari ho bahera bavuga ko umuntu yabyimbijwe na amibe. Nyuma y’inama zo kwa muganga ni byiza gufata imbuto zitandukanye ndetse n’imboga mbisi ari zo salade kugirango wa mubyibuho uterwa na za nzoka( niba warabibwiwe n’abaganga) ugabanuke.
Src:Passeport santé
TANGA IGITECYEREZO