RFL
Kigali

Big Fizzo (Farious) yamaze kugera mu Rwanda aje gufasha Charly na Nina mu gitaramo cyabo–VIDEO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:29/11/2017 20:52
0


Big Fizzo ni umwe mu bahanzi bakomeye akarere ka East Africa gafite, akaba Umurundi ukomeye mu muziki kuri ubu uyu mugabo yamaze kugera mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo cya Charly na Nina bagiye kumurika Album yabo ya mbere bise ‘Imbaraga’.



Akigera mu Rwanda Big Fizzo yatangaje ko yishimiye kugaruka mu Rwanda ashima bikomeye intambwe aba bahanzikazi bamaze kugeraho, aha akaba yatanze urugero avuga ko we mu myaka yose amaze mu muziki amaze kugira Album ebyiri, bityo kuba mu gihe gito Charly na Nina bamaze muri muzika bagiye kumurika Album yabo ya mbere agasanga ari intambwe ikomeye mu nzira ya muzika yabo.

FizzoBig Fizzo akigera mu Rwanda

Big Fizzo yageze mu Rwanda aturutse i Burundi aho arimo kubarizwa.

REBA HANO IKIGANIRO KIRAMBUYE TWAGIRANYE NA BIG FIZZO







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND