RFL
Kigali

Biratangaje: Umunyamiderikazi yagurishije ubusugi bwe asaga miliyoni ebyiri z’amayero kugirango ajye gutembera

Yanditswe na: Ihorindeba Lewis
Taliki:16/11/2017 15:41
1


Umwangavu w’umunyamideri yashyize ubusugi bwe ku cyamunara ndetse buza kwegukanwa n’umukire bivugwa ko akomoka Abu Dabhi,kugirango abone amafaranga yo gutembera



Nk'uko byatangajwe n’ikinyamakuru ”The Sun” mu nkuru yabo yo kuri uyu wa kane tariki 16/11/2017, Gisele w’imyaka 19 y’amavuko ubusugi bwe bwagurishijwe binyuze mu buryo bwa cyamunara ndetse akaba ari kwitegura uburyo azajya kubushyikiriza uwabutsindiye. Uyu mwali akaba yavuze ko uyu mwanzuro yawifatiye ndetse akabicisha mu kinyamakuru kugirango uburyo bwo kwishyurwa no guhura n’uyu mukire buzace mu mucyo.

Ubusugi

Ibi bibaye nyuma y'aho undi murusiyakazi w’imyaka 18 nawe yateje cyamunara ubusugi bwe mu mwaka wa 2016 bugatsindirwa n’umuherwe w’umunya Hong kong kuri miliyoni 2 z’amayero. Ubu bucuruzi bukaba bwarabaye binyuze mu kinyamakuru kimwe

Umukozi w’iki kinyamakuru ushinzwe gusinya amasezerano y'ubu bucuruzi yagize ati:”Ku rubuga rwacu murasangaho amashusho abakobwa bo mu duce dutandukanye tw’isi nk’abanya Australia, Uburayi, Afurika, Amerika y’amajyaruguru n’amajyepfo basobanura impamvu bagurisha ubusugi bwabo mu bihugu by’abarabu na Asia”.

 The teen claims she found the decision to sell her virginity 'empowering' 

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Alice6 years ago
    Gisele ndakwemeye surikimwe nkatwe twatangiye ubuntu





Inyarwanda BACKGROUND