RFL
Kigali

Khalfan wibuka ko yatakaje ubumanzi muri 2012, ntiyumva uko bwatakaye kandi yaritabazaga agakingirizo –IKIGANIRO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:14/11/2017 11:57
2


Muri iyi minsi mu Rwanda ndetse no muri Afurika muri rusange urubyiruko rukunze guhabwa inyigisho zijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, ariko iyo uganiriye na bamwe mu bahanzi bo mu Rwanda usanga ari bamwe mu bakeneye n’amahugurwa. Aha ubibwirwa n’ibyo bagusubiza iyo muganiriye kuri iyi ngingo. Kuri iyi nshuro twaganiriye na Khalfan.



Khalfan kuri ubu ufite umukunzi uzwi ku izina rya Josy yemereye Inyarwanda.com ko bagikundana ntacyahindutse, ku bibazo by’amatsiko Khalfan yari kubazwa yabajijwe niba yibuka neza igihe yaba yaratakarije ubumanzi. Uyu muhanzi abwira umunyamakuru ko yibuka neza ko ibi byamubayeho muri 2012 icyakora akaba atumva ukuntu yaba yaratakaje ubumanzi nyamara yaritabazaga agakingirizo.

REBA HANO IKIGANIRO TWAGIRANYE NA KHALFAN






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • K6 years ago
    Nkuko amafaranga yabuze ku isoko ninako amakuru yabuze kubinyamakuru
  • 6 years ago
    hahahahahahahahahhahahhaa





Inyarwanda BACKGROUND