RFL
Kigali

Rayon Sports yakoreye imyitozo bwa mbere ku kibuga cyayo yubakiwe na SKOL-AMAFOTO

Yanditswe na: Ihorindeba Lewis
Taliki:6/10/2017 20:03
0


Mu gihe habura igihe gito ngo shampiyona itangire,Rayon sport yatangiye gukorera imyitozo ku kibuga cyayo yubakiwe na SKOL.



Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 06 Ukwakira 2017,ni bwo Rayon sports yatangiye kwitoreza ku kibuga cyayo yubakiwe n’uruganda”SKOL” ari na yo muterankunga mukuru w'iyi kipe. Iki kibuga kikaba cyubatse mu nkengero z’umujyi wa Kigali ahazwi nko ku giti cy’inyoni kikaba cyaruzuye gitwaye asaga miliyoni ijana z’amafaranga y’u Rwanda.

REBA AMAFOTO

 Rayon sport

 Rayon sport

Rayon sport

Rutanga Eric mu myitozo

Rayon sport

Manishimwe Djabel yakoze icyuya kiraza

Rayon sport

Pierrot Kwizera mu myitozo

 Rayon sport

Usengimana Faustin mu myitozo

Rayon sport

Rayon sport

Yannick Mukunzi mu myitozo ya Rayon sport

Rayon sport

Manzi Thierry,umwe muri ba myugariro ba Rayon sports mu myitozo

Rayon sport

Mutsinzi Ange mu myitozo

Rayon sport

Ndayishimiye Jean Luc Bakame

Rayon sport

Rayon sport

Iyi myitozo yari ikomeye

Rayon sport

Rayon sport

Rayon sport

Rayon sport

Rayon sport

Umutoza mukuru wa Rayon sport,Karekezi Olivier akora akazi ashinzwe

 Rayon sport

Ureba imyitozo ya Rayon sport ntiyicwa n'icyaka kuko guhera ku mafaranga magana ane y'u Rwanda uba ushobora kwigurira ibinyobwa yaba ibisembuye n'ibidasembuye bya SKOL

 Rayon sport

AMAFOTO:Lewis IHORINDEBA-INYARWANDA.COM






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND