RFL
Kigali

MU MAFOTO 15: Reba umukunzi mushya wa Nizzo bitegura kurushinga

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:5/10/2017 18:36
20


Muri iyi minsi havuzwe inkuru y’uko Nizzo Kaboss wo mu itsinda rya Urban Boys afite umukunzi wari utaramenyekana akaba atuye mu Busuwisi, kugeza ubu hamaze kumenyekana uyu mukunzi mushya wa Nizzo akaba ari umucuruzikazi wibera mu Busuwisi.



Nizzo akundanye na Nisingizwe Solange nyuma yo gutandukana na Umulisa Yvette wigaga mu Bushinwa bakaba baratandukanye mu minsi ishize, gusa amakuru agera ku Inyarwanda.com ni uko Nizzo n’uyu mukunzi we mushya bamaze hafi imyaka ibiri bakundana urukundo bagize ibanga.

Bamwe mu nshuti za hafi za Nizzo babwiye Inyarwanda.com ko aba bombi nyuma y’igihe bamaze bakundana mu ibanga mu minsi iri imbere bari gutegura kuba barushinga bakabana nk’umugore n’umugabo.

REBA HANO AMAFOTO Y’UMUKUNZI MUSHYA WA NIZZO:

NizzoNizzoNizzoNizzoNizzoNizzoNizzoNizzoNizzoNizzoNizzo

NizzoNizzoNizzo

Nisingizwe Solange umukunzi mushya wa Nizzo wo mu itsinda rya Urban Boys






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • magimagi6 years ago
    ndabona bareshya mu ndeshyo ntawahenze undi!
  • ja Bob6 years ago
    Nizzo ariyemeraweeee? umva irishyiga ntiriruta umugore wa Saffi.apuuu gafite amaso gusa ntakindi. peace kuri Madiba arasdobanutse numusilimu mumutwe
  • Ottovordegentschenfelde6 years ago
    Nimbe nuyu vraiment,we urabonako afite numubiri wa Kinyarwanda,inseko,Amaguru,Ibirenge,nimyifato..Nizzo hano ntuzagotwe Mzee!
  • 6 years ago
    Ariko mana yanjye koko mu Busuwisi bacurizayo iki? Mwagiye muvuga ko ari indaya zi aho
  • 6 years ago
    Ubu aya maphotos niwe uba wayabahaye ngo mumwamamaze, cyakora mwabonye akazi
  • Fernando6 years ago
    Imyubakire yaba bahanzi ko mbona isa no gupingana. Ndabona uko muzivuga ubu mwiyubakwa ariko muzazidutangariza mwisenyuka bidatinze.Ndabahanuye.
  • Manzi6 years ago
    Hhhhhh ubuse uyu niwe Arata ngo ni za gout apuu ndabona arutwa na nyirabusizore kutiga biragatsirwa koko u wabona nizzo yiyemera wagirango agiye kuzana miss
  • twiga6 years ago
    Ibyaba ba star tubibara tubibonye naho ubundi ntawamenya.
  • Nericus 6 years ago
    haaaa iyo niyo gout ye se yavugaga nidange wangu buri wese ukunda ukwe koko!
  • 6 years ago
    Hhhhh yewee ninyatsi kbx ngo numucuruzi ko muterekanye se nibyo acuruza
  • Miss Gaga6 years ago
    Oh, nizereko nawe azanye ayo kugura inzu. Nyamara PARFINE yabivuze ukuri, abasore bacu ndabona batazongera kushaka i Rda, bose nugukorera muri diaspora ntakundi. Gusa ntawabarenganya ubukene hano kgl bumeze nabi!
  • Kewayi6 years ago
    ntamukobwa mpabonye ahubwo uyu muhungu ibyarimo ntabwo abizi ngo aracuruza yeeeeeee
  • Ange6 years ago
    Hhhhhhh mbega gout irasekeje. Ese buriya atambaye inkweto ndende huuuummm mbega gout, ntibyoroshye pe , umugore wa Safi niwe sawa
  • raburiyani6 years ago
    yebababaweee!! nta mukwaha nta mu nkibuno
  • umwami 6 years ago
    Kbsa kabosi ni feke Arko iyi gout yo ntama idde kbsa nifeke
  • Evodyer6 years ago
    gs Nizzo niba amukunda byukuri nc kbx
  • Evodyer6 years ago
    Yeg muhanuzi we!!!! nanjye ndabona abahanzi basaze nabakobwa bohanze nibagabanye pe!batugeze ahantu
  • 6 years ago
    rata kabosi ndabona ari sawa ntubivemo shyira umwana mumago ibyabandi ubireke.buri wese akunda ukwe just!!
  • nisibomana japol4 years ago
    nibyizakubabagiyekurushinga
  • BOSCO4 years ago
    NDAKUNDA MARINA SAN





Inyarwanda BACKGROUND