RFL
Kigali

Young Grace yatangaje ‘Fan Club’ ya Rayon Sports yifuza kujyamo agatanga n’umusanzu- IKIGANIRO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:30/09/2017 12:15
3


Umuraperikazi Young Grace ni umwe mu bari abafana b’inkoramutima ba APR FC mu myaka itambutse, uyu yerebaga imipira yayo yose icyakora ntatinye kuvuga ko akunda umukinnyi Mukunzi Yannick, nyuma yaho uyu mukinnyi yerekereje muri Rayon Sports Fc, Young Grace yamaze nawe gutangaza ko asigaye afana Rayon Sports.



Usibye gufana Rayon Sports Young Grace umwe mu bakunzwe mu njyana za HipHop kuri ubu yemeje ko ari umufana wifuza no kuba muri Fan Club ya Gikundiro Forever ndetse ubwo yaganiraga na Inyarwanda.com yahamije ko kugira ngo abantu babyumve igihe azaba ari muri iyi Fan Club ngo n’umusanzu azasabwa azawutanga.YOUNG GRACE

Young Grace uhamya ko yagiye muri Rayon Sports akurikiye Mukunzi Yannick yatangaje ko ari umukinnyi akunda kandiko  aho azajya hose nawe azamukurikira. Young Grace ukunze gutera urwenya yatangaje ko binabaye Mukunzi Yannick akaba atagikina nawe yareka gufana.

REBA IKIGANIRO KIREKIRE TWAGIRANYE:






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • zizou6 years ago
    Abakobwa babi no kwiteretera abahungu rwarahize ahahaaaaa nzaba ndora
  • fenty 6 years ago
    Yewe rwose urasekeje uri nyamujya iyo bigiye pe numuziki warakunaniye ubwo ibyo gufana nibyo washobora kbsa ubwo yannick najya no muri gicumbi niyo uzahita ufana uri fum kbsa sister
  • 6 years ago
    cyakoza aka kana nubwo ari agasazi ntikajya kiyambika ubusa nicyo ngakundira rwose





Inyarwanda BACKGROUND