RFL
Kigali

Abahanzi King James, Riderman, Meddy na The Ben bahuriye bwa mbere mu ndirimbo ‘Wiceceka’-YUMVE

Yanditswe na: UDAHOGORA Vanessa Peace
Taliki:15/09/2017 11:33
5


Bwa mbere, abahanzi bane bakomeye kandi bakunzwe mu Rwanda King James, Riderman, Meddy na The Ben bahuriye mu ndirimbo ‘Wiceceka’.



Iyi ndirimbo yari yarakozwe bwa mbere na King James iza gusubirwamo yifatanyije na Riderman, The Ben na Meddy. Ni indirimbo iryoheye amatwi. Guhuza aba bahanzi b'ibyamamare mu ndirimbo ni ubwa mbere bishobotse, ibi ni Airtel yabitekereje mu rwego rwo gukomeza kugeza ku banyarwanda ibyiza muri serivisi ndetse no mu myidagaduro.

‘Wiceceka’ ushobora kuyumva ukanze hano:






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • kwizera alexis6 years ago
    KBS wiceceka ni iyambere niyo ndirimbo noneho ni ikosora tu abahanzi bacu hamwe twizereko na nyuma yiyo bagiye kuzagirana andi ma corable
  • Jo6 years ago
    Theben KO akabije ubunini
  • fenty 6 years ago
    Wow beautiful song kbsa iyo colabo irarenze niya bastar ba mbere mugihugu congz
  • Abatype bazi kuririmba kbsa6 years ago
    Igabe
  • 6 years ago
    Wow. Ijwi rya king James ririganza. Good work people. Nice song





Inyarwanda BACKGROUND