RFL
Kigali

Abarindaga umutekano wa Tekno bahuye n’akazi katoroshye ko gukumira inkumi zasimbukiraga ku rubyiniro–VIDEO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:12/09/2017 16:04
0


Mu mpera z’icymweru gishize ni bwo umuhanzi Tekno wamamaye muri Nigeria yakoreraga mu Rwanda igitaramo cyabereye ahazwi nka Camp Kigali, muri iki gitaramo abari bashinzwe umutekano wa Tekno bahuye n’akazi gakomeye ko gukumira abiganjemo inkumi basimbukiraga uyu muhanzi ku rubyiniro.



Benshi mu bashakaga gusanga uyu muhanzi ku rubyiniro wasangaga ari abifuza kubyinana nawe gufatana nawe amafoto cyangwa abo amarangamutima yarenze bakabura aho berekeza bakamusimbukira nk’abiyahuye, icyakora aha hari abasore b’ibigango bagombaga guhita bakumira aba bakobwa n’inkumi nubwo hatabuze ababanyuze mu rihumye gusa nabo bagarurirwaga hafi.

REBA AMASHUSHO:






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND