RFL
Kigali

Freeman yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya ‘Ntibikabeho’-VIDEO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:29/08/2017 12:41
2


Freeman ni umuhanzi nyarwanda ukiri gushakisha uko yazamura izina rye mu ruhando rwa muzika yo mu Rwanda, uyu muhanzi kuri ubu yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Ntibikabeho’ indirimbo yari amaze iminsi ashyize hanze.



Amashusho y’iyi ndirimbo nshya ya Freeman yafashwe anatunganywa na Mariva umwe mu basore bamaze kubaka izina mu gutanganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi hano mu Rwanda. Ibi byatumye uyu musore atangariza Inyarwanda.com ko iyi ari intambwe yateye muri muzika ye kuba ari gukorana n’abakomeye mu gutunganya ibihangano.

REBA HANO AMASHUSHO Y'IYI NDIRIMBO:






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • stevos music group6 years ago
    urashoye kabisa... East Africa music industry... iragukeneye...big up.....
  • Hunter6 years ago
    Go,.go,.go,.. musaza Freeman na manager wawe Titi,....





Inyarwanda BACKGROUND