RFL
Kigali

Rubavu: Khalidy yashyize hanze amashusho y’indirimbo 'Wirira' iteye agahinda kubera urukundo-VIDEO

Yanditswe na: Ndayisaba Ben Claude
Taliki:28/08/2017 17:03
0


Amashusho y’indirimbo Wirira ndetse n’ubutumwa buri muri iyi ndirimbo ni inkuru itabura gukora ku mutima ukurikiye indirimbo wese cyane ko ari inkuru itangirira mu buzima bugoranye nyuma bikaza kuba byiza ariko na none iherezo rikaba ribi kurusha.



Wirira ni indirimbo y’umusore Khalidy utanga icyizere nk’impano nshya i barizwa i Rubavu dore ko uretse gukundwa n’abamaze kumva indirimbo ze nawe ubwe asanga agiye gukora cyane kugira ngo akomeze azamure umuziki we yatangiye gukora. Uretse iyi ndirimbo yashyiriye hanze amashusho, twababwira ko uyu musore yakoze kandi indirimbo yitwa Uzankoraho.

REBA HANO AMASHUSHO Y'INDIRIMBO WIRIRA







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND