RFL
Kigali

MTN yateguye igitaramo kizitabirwa n'abahanzi b'ibyamamare mu kwizihiza umwaka 'MTN Yolo' imaze

Yanditswe na: Ihorindeba Lewis
Taliki:23/08/2017 10:24
0


Kuri uyu wa kabiri tariki 22 Kanama 2017 ni bwo MTN yatangarije itangazamakuru iby’urugendo rwa MTN Yolo kuva itangiye kugeza ubu ndetse inahishura ko hari igitaramo cyo kwizihiza isabukuru y'umwaka umwe imaze itanga serivisi nziza ku rubyiruko.



“MTN 1st Birthday” ni igitaramo kizabera ku Gisenyi kandi kikazitabirwa n’abahanzi batandukanye nka Riderman,Urban boys,Charly&Nina ndetse n’aba DJs batandukanye bazaturuka mu bihugu by’u Rwanda,Uganda ndetse na Congo.

yolo

Gaspard Bayigane umukozi wa MTN ushinzwe ibikorwa byo kwamamaza asobanura gahunda ya MTN Yolo

yolo

Alain Numa atanga ikaze

yolo

Urban boys izaririmba muri iki gitaramo

yolo

Charly na Nina nabo bazataramira abanya Rubavu

yolo

Riderman ati 'Icyo nzi cyo abakunzi ba hiphop bazishima'

 yolo

DJ Ira na DJ Kerb ni bo ba DJs b'abanyarwanda bazasusurutsa abanyagisenyi

yolo

Muri iki gitaramo ni bwo hazamurikwa telephone nshya ya Yolo

yolo

Kwinjira muri iki gitaramo birasaba gusa kugura ikarita ya MTN y'amafaranga 500 y'amanyarwanda

Amafoto:Lewis IHORINDEBA






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND