RFL
Kigali

Sandra Teta yongeye kwereka Dereck (Active) ko akimuzirikana

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:16/08/2017 9:01
1


Mu minsi ishize havuzwe gutandukana mu rukundo kwa Teta Sandra na Dereck wo mu itsinda rya Active nubwo nta kintu runaka aba bombi bigeze batangaza ko cyabatandukanyije. Nyuma y’igihe kinini batandukanye Sandra Teta yongeye kwereka Dereck ko akimuzirikana.



Ibi Sandra Teta yabikoze ubwo yifurizaga uyu musore bahoze bakundama isabukuru nziza y'amavuko. Abinyujije ku rukuta rwa Instagram asanzwe akoresha Teta Sandra yifurije Dereck isabukuru nziza atitaye ko mu minsi ishize bari batandukanye ndetse itandukana ryabo rikavugwa cyane mu itangazamakuru.

teta sandra

Ngaya amagambo Teta Sandra yabwiye Dereck ku munsi we w'amavuko

Uku kugaragaza ko azirikana Dereck bahoze bakundana kwa Sandra Teta bije bikurikira ibyavugwaga ko baba barasubiye mu rukundo bucece dore ko amakuru yageraga ku Inyarwanda.com ari uko ubwo uyu mukobwa yari afunze mu minsi ishize, Dereck yamwitayeho bikomeye akaza no mu myanya ya mbere y’abantu basuraga Teta kenshi muri gereza.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Dorothe6 years ago
    Gutandukana numuntu ntibivuze guhangana nkabanzi!umunsi abanyarda twamenye icyo kintu ubwicanyi kubabanye bizagabanuka!





Inyarwanda BACKGROUND