RFL
Kigali

Ama G The Black yashyize hanze indirimbo ye nshya ‘Ntaho tuzajya’–YUMVE

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:9/08/2017 11:22
1


Umwe mu baraperi bakomeye mu Rwanda bamaze kubaka izina mu mitima y’abakunzi b’injyana ya Hip Hop Ama G The Black magingo aya yamaze gushyira hanze indirimbo ye nshya yise ’Ntaho tuzajya’ ahita ahamya umuvuduko ukomeye akomeje gukoreraho muri uyu mwaka wa 2017.



Iyi ndirimbo nshya ya Ama G The Black yumvikanamo agahinda k’injyana ya Hip Hop muri iyi minsi isa n'iyasubiye inyuma igasimbuzwa izindi njyana mu bitangazamakuru ndetse n'ahandi hose hacurangirwa umuziki. Uyu muraperi yongera kumvikana agaruka ku mazina y’abahanzi akumbuye muri muzika basa naho batereranye iyi njyana abo yavuze mu mazina ni Tuff Gangz na P Fla.

AMAG THE BLACK

Iyi ndirimbo yakozwe na Producer Evidecks, Ama G The Black ngo agiye gutangira gushaka uko yayikorera amashusho. Yabwiye Inyarwanda.com ko kuri ubu ari gukora cyane ngo ashimishe abakunzi b’umuziki we anabaha izindi ndirimbo nyinshi we ahamya ko yarangije gukora.

UMVA HANO IYI NDIRIMBO NSHYA YA AMAG THE BLACK






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Cyuzuzo6 years ago
    Eeee! umusa, ko untunguye ntabwo bikwiye kuvuga amagambo nkariyango Abahanzi baretsegukora hip up ngo Tuff Gangz na P fla? wibukeko kuva naho P Yaviriye muri TG Ntiyigeze arekera uretse mwebwe mwayiretse mugakora ibindi ntazi ark ushobora kubawiyibagije aho P fla ari? knd nubwo ariyo yakoze indirimbonka Lap Philosoph, wakoziyihe? akora Nkundalap, wakoziyihe? akora Amatarayaka. wakoziyihe? knd witwango urihanze? naho Mubyo muzajya muvuga mujye mureka Umusaza cg nuko ababwizukuri muri MCee?





Inyarwanda BACKGROUND