RFL
Kigali

Miss Kalimpinya yasangiye anishimana n'abana bo ku muhanda kimwe n'abatishoboye baturiye ikigo cyo kwa Gisimba–AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:31/07/2017 7:05
0


Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki 30 Nyakanga 2017 ni bwo Kalimpinya Queen wabaye igisonga cya gatatu muri Miss Rwanda 2017 yasangiraga ndetse akifatanya n'abana bo ku muhanda kimwe n'abatishoboye baba hafi y’ikigo cyo kwa Gisimba.



Abana bahuye na Miss Kalimpinya Queen bagize amahirwe yo gusangira nawe ifunguro rya mu gitondo ndetse bakinana imikino inyuranye. Iki gikorwa Miss Kalimpinya yakitabiriye ku butumire bw’umuryango uhuriwemo na benshi muri aba bana bakunze guhurira kwa Gisimba nyuma y’amasomo ngo bihugure ubundi bumenyi aho aba bana bahura bagasangira ndetse bagakina bityo bakunguka inshuti mu cyo bise ‘Gira inshuti friends’ kiba buri kwezi.

Ibi bikorwa mu gihe iki kigo cyo kwa Gisimba cyamaze gushyira abana mu miryango magingo aya nta mwana w’imfubyi n’umwe ukirererwamo ahubwo bahahurira nyuma y’amasomo cyangwa mu mpera z'icyumeru (Weekend) bakaganira bakungurana ibitekerezo bakaniga ubundi bumenyi butari ubwo mu ishuri.

REBA AMAFOTO:

KalimpinyaKuri uyu munsi usanga abana babukereyeKalimpinyaKalimpinyaKalimpinyaKalimpinyaMbere yo gufata ifunguro rya mu gitondo Miss Kalimpinya yabanje gukarabya aba banaKalimpinyaAmafunguro bari bateguriwemiss kalimpinyaKalimpinyaSi Kalimpinya gusa uba witabiriye ahubwo hari n'urundi rubyiruko rukunze kwifatanya n'aba banamiss kalimpinyaKalimpinyaAbana bari gufata ifunguro rya mu gitondoKalimpinyaIki kigo kiba cyahuriyemo n'abana benshi, hano Kalimpinya yabyinishaga ukiri muto wari wajeKalimpinyaKalimpinyaKalimpinyamiss kalimpinyaKalimpinyaKalimpinyaKalimpinyaKalimpinyaUsibye gusangira banakinnye, aha bakinaga agati birangira ikipe ya Kalimpinya itsinze babyina intsinzimiss kalimpinyamiss kalimpinyaKalimpinyaKalimpinyaYabahaye na bomboKalimpinyamiss kalimpinyaImikino yari myinshi

Amafoto: Iradukunda Desanjo -Inyarwanda.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND