RFL
Kigali

Umutare Gaby yasabye anakwa umukunzi we Joyce Nzere–AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:16/07/2017 14:38
6


Kuri iki Cyumweru tariki 16 Nyakanga 2017 ni bwo habaye umuhango wo gusaba no gukwa aho Umutare Gaby umusore wakunzwe muri muzika yahawe Joyce Nzere bamaze igihe bakundana akamuhabwa n’umuryango ngo bakomezanye urugendo rw’ubuzima.



Uyu muhango wo gusaba no gukwa wabereye i Kibagabaga mu mujyi wa Kigali ahazwi nko kuri The Venue. Nyuma yo kumuhabwa n’imiryango, Umutare Gaby n’umukunzi we barahita berekeza mu rusengero aho bagomba gusezeranira imbere y’Imana n’abantu ko bazabana akaramata, imihango byitezwe ko ibera muri Kiberinka Cultural Center naho ni i Kibagabaga.

Umutare Gaby (Nikuze Gabriel) ugiye kuzuza imyaka 27 azwi cyane mu ndirimbo nka  “Mesa kamwe”,  “Ntunkangure”, “Urangora” n’izindi yakoze ari wenyine nubwo mbere yabanje kuririmba mu itsinda ryatandukanye ahagana mu 2012 ritamenyekanye cyane.

Uko abigaragaza, Joyce Nzere mu 2014 yatangiye kwiga muri Kaminuza ya Canberra muri Australia ari naho aba ubu, nkuko biva mu nshuti za hafi z'aba bombi ngo nyuma y’ubu bukwe barahita bajya gutangira ubuzima bushya muri Australia.

AMAFOTO:

UMUTAREIbyicaro ni uku byari biteguye ubwo twahageraga abashyitsi batarahageraUMUTAREUmutare Gaby n'ikipe imuherekeje bahageze...UMUTAREAkanyamuneza kari koseUMUTAREYabanje kwicara mu myanya y'abashyitsiUMUTAREAbasaza bararamukanyaUMUTAREKalisa Ernest uzwi nka Rulinda muri Seburikoko ni we wari umusangiza w'amagamboUMUTAREMani Martin yari yaherekeje Umutare GabyUMUTAREAbashyitsi bahageze, bahawe n'ibyicaro...UMUTAREDarlene wigeze kwiyamamaza muri Miss Rwanda ni umwe mu bakobwa bari baherekeje Umutare GabyUMUTAREUMUTAREUmutare Gaby wari uherekejwe na Mani Martin bajya gusuhuza umuryango bagiye gusabamoUMUTAREUMUTAREUmutare Gaby agana mu byicaro byeUMUTAREAbasore bambariye Umutare bahabwa ibyicaroUMUTAREUmutare Gaby ategereje umukunzi weUMUTAREJoyce Nzere yahageze aherekejwe UMUTAREUMUTAREBasaza be bagiye kumutangaUMUTAREBararamukanyaUMUTAREUMUTAREUMUTAREUmutare Gaby amwambika impetaUMUTAREYereka bose ko amwambitse impetaUMUTAREUMUTAREBarahoberana UMUTAREUMUTAREBahana impano...UMUTAREUMUTAREBarasangiraUMUTAREUMUTAREUmutare Gaby yegera nyirabukwe aramuramutsa arangije amugenera impano nk'ishimwe ry'umubyeyi wareze nezaUMUTAREUmutare Gaby yambika Sebukwe ingoferoUMUTAREUmusaza nawe yanga kuviramo aho agira impanuro aha Umutare Gaby UMUTAREjoycejoyceJoyce Nzere abigenza uko Umutare Gaby yabigenjeUMUTAREUmutare Gaby na Joyce Nzere bahaye impano umubyeyiUMUTAREUmutare Gaby na Joyce NzereUMUTARENabo bahawe impano y'ababyeyiUMUTAREUMUTAREUMUTAREUMUTAREBagana mu byicaro byabosekagandaUmunyamashyengo Niyitegeka Gratien uzwi nka Seburikoko ni we wavugiraga inkaUMUTAREUMUTAREsekagandaSeburikoko yihaye ikibugaUMUTAREAbageni baranyurwaUMUTAREUmutare Gaby numukunzi we...

Turacyabakurikiranira ubu bukwe bwose ...

Amafoto: Iradukunda Desanjo -Inyarwanda.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Odette6 years ago
    Que c'est bon!
  • PaSA6 years ago
    Congratulations! Ndishimye cyane kuba UMUTARE Gaby abashije gukora bino. damwibuka cyane igihe yazaga gukora Video Shoot ahantu nakoreraga. Ni umusore witonda kandi uca bugufi. Ndabifuriza urugo rwiza. Uru ni urugero rwiza kubandi.
  • seth kagongo6 years ago
    muzagire urugo ruhire
  • muganza6 years ago
    Oya rwose nta kosa ririmo gushaka umucyecuru bapfa kuba bakundana, nawe yitabiriye conjugaison ya verber Macroner
  • Jessia6 years ago
    Inshwii murabageni babereye ijisho kbs muzagire urugo ruhire mubyare hungu nakobwa
  • kevin6 years ago
    uyu mwana witaye mu muriro wo gushaka umugore akiri muto aramababaje pe anyway urugo ruhire





Inyarwanda BACKGROUND