Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru cya tariki ya 9 Nyakanga 2017 ni bwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ku bufatanye na Azam TV bashyikirije ibihembo abakinnyi, abatoza, abafana n’andi matsinda y’abantu bagize icyo bagaragaza mu mwaka w’imikino 2016-2017. Muri ibi birori harimo abantu bagiye bazwi cyane muri siporo.
Muri iyi nkuru yacu turongera twibukiranye uko ibihembo byatanzwe n’agaciro byari bifite ndetse twitse cyane ku bantu bagiye bazwi cyane mu mupira w’amaguru wa hano mu Rwanda.
Dore uko ibihembo byatanzwe n’agaciro bigiye bifite (Amafaranga):
Umufana w’umwaka: Asman wa AS Kigali (100 000 Frw)
Itsinda ry’abafana ryahize ayandi: 1.March Generation ya Rayon Sports (150 000 Frw) 2.Online Fan Club (APR FC/150.000 FRW) 3.Gikundiro Forever (150.000 FRW).
Umukinnyi ukiri muto mwiza: Biramahire Abeddy wa Police FC (500 000 Frw)
Umuzamu w’umwaka: Ndayishimiye Eric Bakam /Rayon Sports (400 000 Frw)
Umukinnyi mwiza w’umwaka: Kwizera Pierre /Rayon Sports (1 000 000 Frw)
Umutoza utanga icyizere: Seninga Innocent / Police FC (500 000 Frw)
Umutoza w’umwaka: Irambona Masoudi Djuma / Rayon Sports (750 000 Frw)
Umusifuzi mwiza w’umwaka (Usifura hagati): Twagirumukiza Abdourkalim (400 000 Frw)
Umusifuzi wungiriza witwaye neza: Ndagijimana Theogene (400 000 Frw)
Igitego cy’umwaka: Rusheshangoga Michel/APR FC (Singida FC (100 000 Frw)
Rutahizamu w’umwaka: Danny Usengimana wa Police FC (500 000 Frw)
Umumyamakuru w’umwaka: Hahembwe Ishyirahamwe ry’abanyamakuru b’imikino, AJSPOR (300 000 Frw)
Polisi y’igihugu rwashimiwe ku gucunga umutekano ku bibuga byagenze neza mu mwaka
Igihembo cy’umuntu wagize uruhare mu iterambere ry’umupira w’amaguru: Gen James Kabarebe (Minisitiri w’ingabo.)
Amwe mu mazina y’abantu bazwi muri siporo bari bitabiriye:
1.Rwasamanzi Yves (Umutoza wungirije muri APR FC)
2.Mugisha Emmanuel (utegura Rwanda Sports Awards)
3.Rwemarika Felicite (Uhagarariye siporo y’Abagore mu Rwanda akaba na visi perezida wa mbere muri Komite Olempike n’indi myanya agiye afite)
4.Rurangirwa Aoron (Umutekinisiye ukomeye muri siporo y’u Rwanda)
5.Seninga Innocent (Umutoza mukuru w’ikipe ya Police FC)
6.Kayumba Soter (kapiteni wa AS Kigali)
7.Mico Justin (umukinnyi wa Police FC)
8.Muvandimwe Jean Marie Vianney (Myugariro wa Police FC)
9.Kambale Salita Gentil (Rutahizamu akaba na kapiteni wa Etincelles FC)
10.Usabimana Olivier (Umukinnyi wa Police FC)
11.Asman (Umufana ukomeye wa AS Kigali)
12.Kalisa Adolphe Camarade (Umunyamabanga w’ikipe ya APR FC)
13.Kayiranga (ushinzwe siporo muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye akaba n’umujyanama muri FERWAFA)
14.Habimana Sosthene (Umutoza mukuru wa FC Musanze)
15.Dukuzumuremyi Antoine (Umunyamabanga mukuru w’ikipe ya Gicumbi FC)
16.Kayiranga Vedaste (Visi perezida wa FERWAFA)
17.Bizimana Festus (visi perezida wa kabiri muri komite Olempike)
18.Kwizera Pierrot Mansare (Umukinnyi wa Rayon Sports)
19.Gakwaya Olivier (Umunyamabanga akaba n’umuvugizi mukuru w’ikipe ya Rayon Sports)
20.CIP Mayira Jean de Dieu (Umunyamabanga akaba n’umuvugizi w’ikipe ya Police FC)
21.Hakizimana Louis bita Lou (Umusifuzi mpuzamahanga wo hagati)
22.Nsengiyumva Moustapha bita Payet (Umukinnyi Police FC yaguze muri Rayon Sports)
23.Mashami Vincent (Umutoza wungirije mu ikipe y’igihugu Amavubi)
24. Antoine Hey (Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu Amavubi)
25.Nzarora Marcel (Umunyezamu wa Police FC n’Amavubi)
26.Biramahire Abedy (Rutahizamu wa Police FC)
27.Usengimana Danny bita Sturridge (Rutahizamu Singida FC yaguze muri Police FC)
28.Niyonzima Ally (Umukinnyi Rayon Sports yenda gukura muri Mukura Victory Sport)
29.Muhawenimana Claude (perezida w’abafana ba Rayon Sports n’Amavubi)
30.Faljarah Ndagano (Umuyobozi wa Azam Tv)
31.Nsabimana Jean De Dieu (Umunyezamu wa Pepinieres FC wenda kujya muri Bugesera FC)
32.Emery Kamanzi (Ushinzwe ibikorwa by’ikipe y’igihugu Amavubi)
33.Ndagijimana Theogene (Umusifuzi Mpuzamahanga wo ruhande)
34.Ruzindana Nsoro (Umusifuzi)
35. Twagirumukiza Abdourkalim (Umusifuzi)
36.Irambona Masud Djuma (Umutoza weguye muri Rayon Sports)
37.Niyitegeka Jean Bosco (Umusifuzi)
38.Rusheshangoga Michel (Myugariro wa Singida FC yaguze muri APR FC)
Rwasamanzi Yves
Mugisha Emmanuel
Rwemarika Felicite
Rurangirwa Aoron
Seninga Innocent (Hagati)
Seninga Innocent n'umufasha we
Kayumba Soter (iburyo) na Mico Justin (Ibumoso)
Muvandimwe Jean Marie Vianney (Ibumoso) myugariro muri Police FC
Kambale Salita Gentil
Nyiragasazi umufana ukomeye wa APR FC
Abanyamakuru: Fuade Uwihanganye (Radio & Tv10), Ruhumuriza Patrick (Cameraman-TV10) na Isaac Kuradusenge (Autentic FM)
Usabimana Olivier
Asman umufana wa AS Kigali
Kalisa Adolphe Camarade
Kayiranga
Habimana Sosthene
Dukuzimana Antoine
Kayiranga Vedaste
Bizimana Festus
Kwizera Pierrot
Ntwali Justice (ibumoso) na Gakwaya Olivier (IBURYO)
CIP Mayira wa Police FC (Iburyo) na Hakizimana Godefroid (ibumoso) umunyamabangawa FC Marines
Nsengiyumva Moustapha
Hakizimana Louis
Mashami Vincent (ibumoso) na Nzarora Marcel (Iburyo)
Biramahire Abeddy
Danny Usengimana
Niyonzima Ally
Nsabimana Jean de Dieu bita Shawulini
Dukuzimana Antoine SG wa Gicumbi FC niwe wateye morale y'intore
Faljarah Ndagano
Rooney (Ibumoso) na Muhawenimana Claude
Mukarurinda Charlotte uzwi nka Charly aririmba
Olga Umuyobozi mukuru wa Online Fan Club yakira igihembo
Asman umufana wa AS Kigali ajya kwakira igihembo
Asman umufana wa AS Kigali
Nzamwita Vincent de Gaule uyobora FERWAFA ntiyahabonetse nubwo yaganiriye mu mashusho
Nsabimana Jean de Dieu bita Shawulini (iburyo) na Jules Karangwa (ibumoso)
Asman umufana wa AS Kigali abyinana na Charly
Bigirimana Augustin (Isango Star/Ibumoso) na Claude Hitimana (Flash /iburyo) bareba Charly na Nina
Charly & Nina
Nina
Nshimiye Joseph ushinzwe guhuza ibikorwa muri AS Kigali (Team Manager)
Emery Kamanzi
Jean Butoyi (Ibumoso/RBA) na Peter Kamasa (Iburyo/New Times)
Rugangura Axel (RBA)
Uwimana Clarisse (Flash FM & TV)
Rujugiro na bagenzi be bafana APR FC
Jean Butoyi (ibumoso) yakira igihembo cyagenewe abanyamakuru ba siporo mu Rwanda
Jean Butoyi umuyobozi w'ishyirahamwe ry'abanyamakuru ba siporo mu Rwanda (AJSPOR)
Kalisa Adolphe Camarada SG APR FC yakira igihembo cyagenewe iyi kipe kimwe n'andi makipe yose yaje mu myanya ine ya mbere muri shampiyona
Nshimiye Joseph yakira 'cheque' ya AS Kigali
Etincelles FC yabaye iya karindwi muri shampiyona
Muvandimwe JMV hagati ya Mashami Vincent na Seninga Innocent
Muvandimwe Jean Marie Vianney myugariro muri Police FC yaje mu ikipe y'umwaka
Ikipe y'umwaka ihagaze mu kibuga
Bamwe mu bakinnyi bari mu ikipe y'umwaka
KANDA HANO UREBE AMAFOTO Y'ABATWAYE IBIHEMBO
AMAFOTO: Saddam MIHIGO/INYARWANDA.COM
TANGA IGITECYEREZO