Rwanda Fiesta ni igitaramo cyari kibaye bwa mbere mu mateka y’u Rwanda ,cyari cyatumiwemo ibihangange muri muzika,Morgan Hertage, Diamond, Vanessa Mdee n'abandi bahanzi bo mu Rwanda.
Nkuko byari byitezwe n'abanayarwanda benshi bakunda imyidagaduro dore ko iyi weekend yari ndende kandi irimo kwidagadura cyane mubice bitadundukanye by'u Rwanda,taliki ya 02/07/2017 aba bahanzi bataramiye i Nyamata muri Golden Tulip ahabereye iki gitaramo.Amafoto akurikira arakwereka byinshi bijyanye n'iki gitaramo doreko cyaranzwe n'udushya twinshi.
REBA AMAFOTO:
Nta cyaka muri iki gitaramo Heinken yari ihari ku bwinshiUrubyiniro igihe ntamuhanzi wari wakarukandagiyehoDj Pius niwe wabanje ku rubyiniroCharly na Nina bakoze ibishoboka byose ngo bashimishe abakunzi baboAbafana bari benshiYvan Buravan waje kwifatanya na Uncle Austin bashimishje abafanaChege (umuhanzi wo muri Tanzania) niwe wagombaga gukurikiraho Amboko hejuru, abafana bakira Vanessa MdeeAtitaye ku kenda yari yambaye yazamuraga akereka abafana icyo yambariyeho imbereAhindukiye akibyina umwenda w'imbere wahitaga ugaragara
Ubanza nawe yashakaga kwiyerekanira
Nubwo yambaye impenure ariko ari mubabashije guhagurutsa abanyarwandaMorgan Hertage ku rubyiniro bagerageje gushimisha abantu nubwo atari benshi bari babaziDiamond yinjiye ku rubyiniro mu mbyino zinyuranye ashimisha abakunzi beAbafana bari benshi nabo bamuhanze amasoUsibya kubyinira abafana Diamond yabaririmbiye biratindaAbo yarobanuye ngo bamubyinire bigaragaje ngo bashimishe DiamondHano hari inkumi zari zitabiriye kubyinisha DiamondDiamond n'ababyinnyi be bataramiye abantu mu gihe kitari gito
REBA HANO AMASHUSHO Y'UKUNTU DIAMOND YABYINISHIJE ABANYARWANDAKAZI
AMAFOTO: IHORINDEBA Lewis
TANGA IGITECYEREZO