RFL
Kigali

MU MAFOTO 35: Reba igitaramo cya Jazz Junction cyaririmbyemo Kidum

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:1/07/2017 11:39
0


Kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kamena 2017 nibwo mu mujyi wa Kigali habereye igitaramo kimaze kumenyerwa nka Kigali Jazz Junction, iki gitaramo umuhanzi mukuru yari Kidum waririmbye abantu bose bakajya ibicu bagacinya akadiho.



Muri iki gitaramo cyari kitabiriwe na Kidum hagaragaye benshi mu bantu bazwi mu muziki wa hano mu Rwanda barimo; Mani Martin, Aimable Twahirwa, Uncle Austin ndetse n'abandi benshi, ni igitaramo kitabiriwe cyane dore ko imyanya yari yateganyijwe yari yakubise yuzuye abafana bose babereye imfura Kidum bagafatanya kubyinana umuziki we.

REBA AMAFOTO:

KidumKidumKidumKidumKidumKidumKidumKidum

Nkibisanzwe muri ibi bitaramo bya Jazz Junction Neptunez Band niyo ibanza gususurutsa abafanaKidumMani Martin aba yicaye mu bimbereKidumUncle Austin akurikiranye igitaramo KidumKabendera Tidjala muri Jazz JunctionKidumKidum akigera ku rubyiniroKidumKidumKidumKidumKidumKidumKidumKidum

 Byari umuziki w'umwimerereKidumAimable Twahirwa ni uku arebaga umuzikiKidumTidjala Kabendera yirekuye arawucinyaKidumKidumKidumKidumKidumKidumKidum mu bicu nabafana beKidumKidumkidumIbi nibyo bita umuziki w'injyana muntuKidumAdrien Misigaro wari ukubutse muri Amerika nawe yigaragaje muri iki gitaramo yasuhujemo abafanaKidumKidumKidumKidumKidumKidumKidumKidumKidumKidumKidum yashimiye abakunzi be asoza igitaramo atyo

AMAFOTO: Abayo Sabin -Afrifame pictures






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND