RFL
Kigali

Bobi Wine yatsinze amatora yiyamamarizagamo kuba umu Depite

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:30/06/2017 7:23
0


Umuhanzi wamaze kwinjira muri politike Bobi Wine amazina ye nyayo ni Robert Ssentamu Kyagulanyi, ari mu miryango yinjira mu nteko ishinga amategeko ya Uganda nyuma yo gutsinda amatora muri Kyadondo mu Burasirazuba bwa Uganda.



Bobi Wine yatsinze ku bwiganze bw’amajwi 77.6% mu gihe yari umukandida wigenga akaba yatowe n'abantu 25, 659 uwamukurikiye akaba umukandida wa NRM witwa Ssebalu William akaba yatowe n'abantu  4, 566  mu gihe undi bari bahanganye wari uwo mu ishyaka rya FDC witwa Apollo Katinti yatowe n'abantu 1, 832.

Ibi bisobanuye ko Bobi Wine atorewe kujya mu nteko ishingamategeko ariko akaba ahagarariye agace anavukamo ka Kyadondo anavukamo ndetse yanabayemo cyane.

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND