RFL
Kigali

"Atoba umuziki, simubona nk’umuntu wagira aho ageza umuziki" Radio atera amagambo Bebe Cool

Yanditswe na: Editor
Taliki:20/06/2017 15:00
0


Umuhanzi Radio wo mu itsinda rya Goodlyfe ryo mu gihugu cya Uganda yongeye kwatsa umuriro, atangaza ko Bebe Cool atoba umuziki kandi ko abona ntaho yageza umuziki.



Mu kiganiro yagiranye na Douglas Lwanga umunyamakuru wa televiziyo NTV, Bebe cool yavuze ko we nta gihe aba afite cyo guta avugana n’abana. Ibi bibaye nyuma y’uko Radio ashyize hanze indirimbo yo guhimbaza Imana yise’Tambula Nange’ ayitura umuyobozi mukuru wa Gagamel ari we Bebe Cool Ssali. Bebe Cool we yatangaje ko ibi ntacyo bimubwiye ko aho guta igihe ku bana bo muri Goodlyfe ahubwo yajya mbere ateza imbere ubucuruzi bwe mu mahanga.

Bebe Cool (ibumoso) n’itsinda Goodlyfe bongeye guterana amagambo






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND