RFL
Kigali

USA:Romulus yashyize hanze indirimbo nshya ‘Mbwira ndatuje’ yakwifashishwa mu gihe cyo kuganira n’Imana

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:20/05/2017 9:40
0


Umuhanzi Romulus Rushimisha ukorera umuziki muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Mbwira ndatuje’ abantu bashobora kwifashisha bahamagara Imana mu gihe cy’amasengesho.



Romulus Rushimisha wahoze ari umuririmbyi ukomeye muri Rehoboth Ministries ariko ubu akaba ari gukora umuziki ku giti cye, yabwiye Inyarwanda.com ko iyi ndirimbo ye nshya ‘Mbwira ndatuje’ ari isengesho buri muntu yakwifashisha igihe acecekeye imbere y’Imana kandi atuje kugira ngo yumve ijwi ry’Imana. Romulus ashyize hanze iyi ndirimbo nyuma y'igihe gito ashyize hanze izindi zinyuranye zirimo; Mana ngenderera, Narabohowe, Ni igitangaza ko Yesu yankijije, Unipandishe nione Kanani, Dore uko ateye, Uzatungwa n'imirimo n'izindi.

UMVA HANO 'MBWIRA NDATUJE' INDIRIMBO NSHYA YA ROMULUS RUSHIMISHA






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND