RFL
Kigali

Aristide na Bruce Melody bashyize hanze amashusho y’indirimbo yabo nshya ‘Amafaranga’- VIDEO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:30/04/2017 14:03
0


Umuhanzi Aristide mu minsi ishize yashyize hanze indirimbo nshya yise “Amafaranga” yari yakoranye na Bruce Melody. Kuri ubu nyuma y’iminsi micye cyane iyi ndirimbo igiye hanze aba bahanzi bamaze gushyira hanze n’amashusho yayo.



Iyi ndirimbo y’uyu muhanzi wamenyekanye ku kazina ka Aristide Onceagain igiye hanze nyuma y’iminsi micye arangije kuyikora ku buryo bw’amajwi , amashusho y’iyi ndirimbo yafashwe anatunganywa na producer Ma~Riva. 

KANDA HANO UREBE AMASHUSHO Y'IYI NDIRIMBO 'AMAFARANGA'






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND