Oya ntibikwiye habe na gato .Ibyo ni ubuyobe bwo mu minsi yimperuka.Kuko Imana ntago bayambariza mu ndaro zabisi.buri kintu naho cyagenewe.Ku bwanjye ni ugusuzugura no kutamenya Imana bakorera iyo ari yo.Imana yacu ni Imana kandi ikwiye icyubahoro.Murakoze
Ntabwo bikwiriye kuko ntawe ugirayo ubusa abajyanwe na mafaranga ibyimana akabigira urwitwazo akavuga nka Saul igihe yabazwaga na Samwel kubera ko yari yarabwiwe kwica ikintu cyose mu mudugudu yari yategetswe n'Imana gutera yisigariza inka nziza n'ibindi byiza abwira samwel ko yabisigaje ngo atambire Uwiteka,Uwiteka ntiyishimira ibitambo kurusha kuyumvira.Ibyo ahubwo bibashyira habi kuruta kuvugaga ko bajyayo kunyungu zabo aho kuryarya witwaje Imana
kamanzi ● 9 years ago
nukuri birakwiye pe kuko niho hari abakeneye gukizwa
● 9 years ago
Nti bikwiye nagato
byiringiro joshua ● 9 years ago
hoya ntabw bikwiye ahubwo yagiye kuba bwiriza arko ataririmba
● 9 years ago
ntibikwiye na gato
j girl ● 9 years ago
ariko se yesu ko yaje mwisi ashaka abanyabyaha yaje gushaka abakiranutsi.niba babikorana ubwenge batagiye gukora ibihakorerwa ndumva ntakibazo
MUNGWARAKARAMA FRANK ● 9 years ago
NI SAWA BIRAKWIYE KANDI BIRATUNGANYE KO UBUTUMWA BUGERA KURI BOSE .PAHURO YABANAGA NA BATIZERA KUGIRANGO ABONE UKO ABAGEZAHO UBUTUMWA BWIZA.KANDI ABANYABYAHA TUGOMBA KUBASHYIRA INKURU NZIZA YA KRISTO AHO BARI (MU TUBYINIRO MU TUBARI MU ISOKO MU NZIRA ARI NAKO TUBERERA IMBUTO.............................
queen ● 9 years ago
oya ntibikwiye
Vestine ● 9 years ago
Ntabwo bikwiye ko Umukristu akorera ibitaramo mu tubyiniro. Abantu benshi bajye mu tubyiniro hari ibyo bahakurikira, bidakorwa n'aba kristu, abajya mu tubyiniro ntibayobewe ko hari ibitaramo mu nsengero cg ahandi aba kristu bateguye ibitaramo. Night club n'igitaramo cy'aba Kristu ntibijyanye.
● 9 years ago
Yezu ati abazima si bo bakeneye muganga, ahubwo abarwayi. None bakoreye ivugabutumwa mu kabari ni ukuvuga ko na n'umwe warokoka. birakwiye ariko hagakorwa ubushishozi n'ubwitonzi kugirango batagira abo baera ibigusha.
cyuzuzo ● 9 years ago
yego yabikoreramo kugirango abwirize abasinzi bihane none nitutabasanga aho bari ugirango bihutira kuza kumva ubutumwa mu rusengero.
Yamini kwizbet ● 9 years ago
Yamini kwizbet
nge mbona nta kibazo kirimo nagato kretse bigaragayekoyafashe igisindisha igihe niki ngo abahanzi ba gospel batungwe numuzikiwabo
● 9 years ago
oya
● 9 years ago
Ntabwo bikwiye rwose nt Muchristo wo kujya mu tubyiniro
YEGO ● 9 years ago
MURWEGO RWO KUVUGA UBUTUMWA
● 9 years ago
ntibikwiriye na gato.oya rwose,azababwirize bavuyemo cg batarinjiramo,kuko nawe ashobora gushukwa muri ako kabari
TANGA IGITECYEREZO