RFL
Kigali

Ese birakwiye ko umuhanzi w'umukirisito akorera ibitaramo mutubari no mutubyiniro ?

Yanditswe na: Editor
Taliki:13/03/2015 8:50
29









TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 9 years ago
    ntibikwiriye nagato aho kurya mutubare bitwaje ngo abagiye mwivugabutumwa wazajya ubasaga mu igo zabo
  • cleme9 years ago
    ntabwo bikwiye umuntu wahawe agakiza, ahubwo yashaka terrain yarangiza akabatumira ndakeka batakwanga.
  • Didi Diane9 years ago
    Oya ntibikwiye habe na gato .Ibyo ni ubuyobe bwo mu minsi yimperuka.Kuko Imana ntago bayambariza mu ndaro zabisi.buri kintu naho cyagenewe.Ku bwanjye ni ugusuzugura no kutamenya Imana bakorera iyo ari yo.Imana yacu ni Imana kandi ikwiye icyubahoro.Murakoze
  • 9 years ago
    WAPI; URETSE UBUKENE BUKORESHA UMUNTU N'IBYO ATASHYIGIKIRAGA.
  • peter9 years ago
    Ntabwo bikwiriye kuko ntawe ugirayo ubusa abajyanwe na mafaranga ibyimana akabigira urwitwazo akavuga nka Saul igihe yabazwaga na Samwel kubera ko yari yarabwiwe kwica ikintu cyose mu mudugudu yari yategetswe n'Imana gutera yisigariza inka nziza n'ibindi byiza abwira samwel ko yabisigaje ngo atambire Uwiteka,Uwiteka ntiyishimira ibitambo kurusha kuyumvira.Ibyo ahubwo bibashyira habi kuruta kuvugaga ko bajyayo kunyungu zabo aho kuryarya witwaje Imana
  • kamanzi9 years ago
    nukuri birakwiye pe kuko niho hari abakeneye gukizwa
  • 9 years ago
    Nti bikwiye nagato
  • byiringiro joshua9 years ago
    hoya ntabw bikwiye ahubwo yagiye kuba bwiriza arko ataririmba
  • 9 years ago
    ntibikwiye na gato
  • j girl9 years ago
    ariko se yesu ko yaje mwisi ashaka abanyabyaha yaje gushaka abakiranutsi.niba babikorana ubwenge batagiye gukora ibihakorerwa ndumva ntakibazo
  • MUNGWARAKARAMA FRANK9 years ago
    NI SAWA BIRAKWIYE KANDI BIRATUNGANYE KO UBUTUMWA BUGERA KURI BOSE .PAHURO YABANAGA NA BATIZERA KUGIRANGO ABONE UKO ABAGEZAHO UBUTUMWA BWIZA.KANDI ABANYABYAHA TUGOMBA KUBASHYIRA INKURU NZIZA YA KRISTO AHO BARI (MU TUBYINIRO MU TUBARI MU ISOKO MU NZIRA ARI NAKO TUBERERA IMBUTO.............................
  • queen9 years ago
    oya ntibikwiye
  • Vestine9 years ago
    Ntabwo bikwiye ko Umukristu akorera ibitaramo mu tubyiniro. Abantu benshi bajye mu tubyiniro hari ibyo bahakurikira, bidakorwa n'aba kristu, abajya mu tubyiniro ntibayobewe ko hari ibitaramo mu nsengero cg ahandi aba kristu bateguye ibitaramo. Night club n'igitaramo cy'aba Kristu ntibijyanye.
  • 9 years ago
    Yezu ati abazima si bo bakeneye muganga, ahubwo abarwayi. None bakoreye ivugabutumwa mu kabari ni ukuvuga ko na n'umwe warokoka. birakwiye ariko hagakorwa ubushishozi n'ubwitonzi kugirango batagira abo baera ibigusha.
  • cyuzuzo9 years ago
    yego yabikoreramo kugirango abwirize abasinzi bihane none nitutabasanga aho bari ugirango bihutira kuza kumva ubutumwa mu rusengero.
  • Yamini kwizbet9 years ago
    Yamini kwizbet nge mbona nta kibazo kirimo nagato kretse bigaragayekoyafashe igisindisha igihe niki ngo abahanzi ba gospel batungwe numuzikiwabo
  • 9 years ago
    oya
  • 9 years ago
    Ntabwo bikwiye rwose nt Muchristo wo kujya mu tubyiniro
  • YEGO9 years ago
    MURWEGO RWO KUVUGA UBUTUMWA
  • 9 years ago
    ntibikwiriye na gato.oya rwose,azababwirize bavuyemo cg batarinjiramo,kuko nawe ashobora gushukwa muri ako kabari





Inyarwanda BACKGROUND