RFL
Kigali

Michael B Jordan yegukanye igihembo cy’umusore ufite igikundiro kurusha abandi ku isi asimbura John Legend

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:19/11/2020 16:22
0


Umukinnyi wa Filime w’imyaka 33 y’amavuko, Michael B Jordan, yatangajwe n’ikinyamakuru People Magazine nk’umugabo wahize abandi mu kugira igikundira kurusha abanda ku isi, umwanya wari ufitwe n’umuhanzi John Legend.



Michael B Jordan umwe mu bakinnyi ba Filime muri Hollywood, aganira na Magazine akimara gufata uyu mwanya wa “Sexiest Man Alive in 2020” (umugabo w’igikundiro) yabwiye abantu ati: "Ni ibintu byiza. Urabizi, abantu bose bahoraga babifata nk’urwenya, nka, 'Mike, yavugaga ko ari umwanya ntazabona ariko ni ibintu byiza kubigiramo uruhare. "


Uyu musore n’icyamamare muri sinema, yagaragaye muri "The Wire", nyuma yagaragaye kandi muri “All My Children", muri 2003 agira uruhare muri "Black Panther" dore ko yari inshuti magara ya Nyakwigendera, Chadwick Boseman.

Uruhare runini afite kugeza ubu rushobora kuba ari ugushimwa cyane n’umuyobozi, Erik Killmonger muri "Black Panther" ya Marvel, aho muri Filime wasangaga arwana na nyakwigendera, Boseman wamamaye cyane ku isi. Michael B Jordan, abaye umugabo w’igikundiro kurusha abanda ku isi, asimbura umuhanzi w’icyamamare ku isi, John Legend wari ufite uyu mudali wa 2019.




Michael B Jordan yari inshuti magara ya Chadwick Boseman






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND