Elie ni izina ry’abahungu rikomoka ku rurimi rw’igiheburayo risobanura ngo ”Imana irakomeye”.
Ba Elie barangwa n’ubwitonzi baba ari abanyabwenge, bazi gufata ibyemezo kandi bazi kubaba neza n’abandi. Élie afite umwihariko wo kuba umukozi ukorana umwete ndetse yishimira kurebwa mu muhanda no kwiharira ibitekerezo muri sosiyete.
Elie ni umuntu ufite ubushake bukomeye udatezuka kwihangana
kugira ngo agere ku bisubizo ashaka. Élie atekereza kuri buri kintu, kugeza ku
tuntu duto, ni umuntu utunganye rwose! Akunda umuryango we bitangaje, Elie ni
umuntu utuje cyane w’inyangamugayo wanga ibinyoma urunuka, ni indahemuka cyane
N'ubwo atuje ariko,
iyo bigeze mu rukundo, Elie amera nk’umusazi ntabwo azi kugenzura neza
amarangamutima ye ku bijyanye n’urukundo
Src: Leprenom.fr
TANGA IGITECYEREZO