RFL
Kigali

Ubusobanuro n’imiterere by’abitwa ba ‘Elie”

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:10/11/2020 17:43
6


Elie ni izina ry’abahungu rikomoka ku rurimi rw’igiheburayo risobanura ngo ”Imana irakomeye”.



Ba Elie barangwa n’ubwitonzi baba ari abanyabwenge, bazi gufata ibyemezo kandi bazi kubaba neza n’abandi. Élie afite umwihariko wo kuba umukozi ukorana umwete ndetse yishimira kurebwa mu muhanda no kwiharira ibitekerezo muri sosiyete.

Elie ni umuntu ufite ubushake bukomeye udatezuka kwihangana kugira ngo agere ku bisubizo ashaka. Élie atekereza kuri buri kintu, kugeza ku tuntu duto, ni umuntu utunganye rwose! Akunda umuryango we bitangaje, Elie ni umuntu utuje cyane w’inyangamugayo wanga ibinyoma urunuka, ni indahemuka cyane

N'ubwo atuje ariko, iyo bigeze mu rukundo, Elie amera nk’umusazi ntabwo azi kugenzura neza amarangamutima ye ku bijyanye n’urukundo

Src: Leprenom.fr






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Elie UWIMANA2 years ago
    Turabakunda
  • Niyonzima elie2 years ago
    Kbx nibyiza tuzajya tugerageza kwitwaraneza kugirango tutangiza indanga gaciro zacu kd abanubitwa iryozina tujye twubahana.
  • Habumuremyi elie1 year ago
    Komfite imano yokuririmba nimwanera inkunga nanjye nkazamuka? murakoze.
  • Uwizeyimana Elie 9 months ago
    Murakoze kwizina Elie ubusobanuro buhuye nuko nteye100%
  • ElieNizeyimana7 months ago
    Turabakunnda muzabwire izina odil
  • DUKORERIMANA Elie6 months ago
    Proud of ourselves ❤💝🙌🙌





Inyarwanda BACKGROUND