Umutoza w'ikipe y'igihugu Amavubi Mashami Vincent yaraye asezereye abakinnyi 10 byatumye asigarana abakinnyi 21 baziyongeraho Yannick Mukunzi na Bizimana Djihad bazahurira muri Cape Verde.
Mu
bakinnyi basaga 37 bari bahamagawe n'umutoza Mashami Vincent bagiye bagabanywa
buhoro buhoro, kugeza ubwo haraye hasezerewe abakinnyi bagera kuri 11 byatumye
hahita hagaragara urutonde rwa nyuma ruzerekeza muri Cape Verde kuri uyu wa
mbere.
Abakinnyi
10 basezerewe:
Sibomana
Patrick akinira Palice FC
Nsabimana
Eric akinira As Kigali
Rusheshangoga
Michel akinira As Kigali
Ngendahimana
Eric akinira Kiyovu Sport
Twizerimana
Onesme akinira Musanze FC
Byiringiro
Lague akinira APR FC
Niyomugabo
Claude akinira APR FC
Niyonzima
Olivier akinira APR FC
Rwabugiri
Umar akinira APR FC
Usengimana
Danny akinira APR FC
Abakinnyi bagomba kwifashishwa ku mukino u Rwanda ruzasuramo Cape Verde:
Abanyezamu:
Kimenyi
Yves (SC Kiyovu)
Kwizera
Olivier (Rayon Sports)
Ndayishimiye
Eric (AS Kigali)
Ba myugariro:
Manzi
Thierry (APR FC)
Rwatubyaye
Abdul (Colarado Springs Switchbacks | USA)
Nsabimana
Aimable (Police FC)
Ombolenga
Fitina (APR FC)
Imanishimwe
Emmanuel (APR FC)
Rutanga
Eric (Police FC)
Mutsinzi Ange (APR FC)
Bizimana
Djihad (Waasland-Beveren, Belgium) Mukunzi Yannick (IF Sandvikens, Sweden)
Haruna Niyonzima (Yanga SC, Tanzania) Muhire Kevin (El Gaish, Egypt)
Niyonzima
Ally (Azam FC, Tanzania)
Nshuti
Savio (Police FC)
Manishimwe
Djabel (APR FC)
Rubanguka
Steve (A.E. Karaiskakis FC | Greece)
Ba
rutahizamu:
Hakizimana
Muhadjili (AS Kigali)
Iyabivuze
Oseé (Police FC)
Meddie
Kagere (Simba SC, Tanzania)
Tuyisenge
Jacques (APR FC)
Aba
bakinnyi Hashobora kwiyoneraho Rugwiro Herve ugifite ikibazo cy’ibyangombwa. Mu
gihe yabibona kare yajyana n’abandi bakinnyi mu gihe bitakunda agasigara. Amavubi
azahaguruka kuri uyu wa mbere mu gitondo yerekeza muri Cape Verde aho
bazahurira na Mukunzi Yannick na Djihad Bizimana.
TANGA IGITECYEREZO