RFL
Kigali

Ykee Benda yafashe abajura baherutse kumwiba

Yanditswe na: Nadia Kangabe
Taliki:5/11/2020 12:41
0


Mu minsi ishize ni bwo amakuru avuga ko Ykee Benda yibwe yamenyekanye, kuri ubu Ykee Benda yatangaje ko abamwibye bafashwe.



Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Uganda uzwi ku izina rya Ykee Benda wamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye zirimo nka Munakampala ndetse na Farmer yafatanije na Sheebah, mu cyumweru gishize uyu muhanzi ni bwo yibwe ibikoresho bya studio ye yitwa Mpaka Records. 

Ykee Benda abinyujije ku rubuga rwa Twitter ye, yavuze ko polisi y'igihugu cya Uganda yataye muri yombi abajura bamwibye ndetse ko n'ibikoresho yibwe harimo ibyo babafatanye. 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND