RFL
Kigali

Amafoto yavugishije benshi muri iki cyumweru: Shaddy Boo yemeje ko ari Slayqueen, umugabo umaze imyaka ine yambara nk’abagore

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:24/10/2020 12:02
3


Ku mbuga nkoranyambaga, mu binyamakuru bitandukanye, hagiye hacaracara amafoto amwe atangaje yavugishije benshi. Muri ayo mafoto harimo ay'umugabo umaze imyaka ine yiyambika nk’abakobwa na Shaddyboo wemeza ko ari SlayQueen ku karubanda, n’abandi.



Muri, iki cyumweru Shaddy Boo, yanyuze ku rukuta rwe rwa Instagram yemeza ko ari “Slayqueen”. Yashyizeho ifoto yandikaho ati ”SlayQueen”, iri jambo abenshi barifata nk’ubusobanuro bw’umukobwa cyangwa umugore uryamana n'abagabo bakamwishyura, gusa hari n'abarifata nk'umukobwa/umugore usa neza, ufite amafaranga, kandi ukunda kuryoshya mu mvugo z'ab'ubu.


ShaddyBoo yemeza neza ko ari Slayqueen

Uburanga bw’umukobwa uzwi nka Yolo The Queen ku mbuga nkoranyambaga usanga buvugisha benshi, abenshi bamugereranya na Shaddy Boo mu bwiza, bigakurura impaka zitarangira bikabura gica .YoloThe Queen ashibutse vuba ku mbuga nkoranyambaga, ubusanzwe abenshi bari bazi ShaddyBoo na Kate Bashabe nk’abakundwa kuri Instagram cyane ariko ubu ari kubahiga.


Umukobwa Yolo the Queen

Abakurikira imbuga nkoranyambaga kandi babonye umugabo witwa Mark Bryan w’imyaka 61 y’amavuko, wafashe umwanzuro wo kwiyambarira imyambaro y’abakobwa n’abagore.

Ibi byo kwambara nk’abagore kandi ari umugabo, abenshi babifashe nk’ibidasanzwe ku isi, uyu mugabo ufite inkomomko muri Amerika ntabwo yigeze atangaza impamvu nyamukuru yahisemo kureka imyambaro ya kigabo. Mark Bryan, yambara inkweto ndende z’abagore, ijipo, ishati za kigore maze akiyogoshesha umusatsi, ubwanwa bakabimaraho burundu.


Mark Bryan amaze imyaka 4 yambara nk'abagore kandi ari umugabo


N'iyo ari mu kazi Mark aba yambaye imyambaro y'abagore






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Laissa3 years ago
    Araberewe,uwo mugabo yahisemo neza.
  • brigitte3 years ago
    Yatwitse
  • Fun wa safi madba1 year ago
    Dukurikila tuli hano kmpala





Inyarwanda BACKGROUND