RFL
Kigali

Click Image yashyize igorora abafite ubukwe n'ibindi birori ku ifoto isukuye utasanga ahandi kandi ku giciro gito

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:22/10/2020 13:20
0


Click Image ni kompanyi nshya ifotora ku rwego rwiza cyane, ikaba ikorera mu mujyi rwagati mu nyubako za Centenary House. Click Image ije ari igisubizo cyiza ku bafite ubukwe ndetse n'ibindi bikorwa bikenerwamo amafoto n'amashusho dore ko magingo aya yabashyize igorora aho ibafata amashusho n'amafoto asukuye kandi ku giciro gito.



Click Image ifotora amafoto y'ubwoko bwose (Professional Photography / Videography) abakoze ubukwe, abafite ibirori bitandukanye, inama zikomeye, isabukuru, ibitaramo, kwifatanya n'abagize ibyago n'ibindi. Bagufitiye kandi ibyiciro byiza kuri buri service yose ukeneye ijyanye n'amafoto n'amashusho.

Mu bihe nk'ibi bya Covid-19, Click Image igufitiye ndetse za pake (Package) zishobora gufasha ikirori cyawe kikagusigira urwibutso. Abafite ubukwe, isabukuru, abafotoza abana, umuryango, za kupure (couples), inama, ntimuzuyaze kugana iyi kompanyi kuko yiteguye kubakirana yombi.

Click Image kandi ifata amashusho (Video) yaba ku bakora Filime (cinema-series), abakora indirimbo (clips) na za dokimantere (Documentaries), ibiganiro bya tereviziyo (Tv shows). Click Image bakorera mu mujyi wa Kigali, mu nyubako za Centenary House. Bahamagare kuri telefone zikurikira: 0788992060, 0783751208, 0788309452 na 0785014099.


Click Image bafata amafoto meza cyane kandi ku giciro gito


Click image bafata amafoto asukuye kandi ku giciro gito


Click Image bafata amafoto n'amashusho mu bikorwa bitandukanye

REBA HANO FILIME Y'URUHEREREKANE YAKOZWE NA CLICK IMAGE YITWA 'THE SECRET'










TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND