RFL
Kigali

Itangazo rya cyamunara y'umutungo utimukanwa

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:13/10/2020 9:41
0


Kugira ngo hashyirwe mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru nimero 020-05810 cyo kuwa 14/09/2020 uwashinzwe kugurisha ingwate, MUNYANTARAMA Sadiki, aramenyesha abantu bose ko kuwa Mbere tariki ya 19/10/2020 guhera saa Cyenda (15H00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa;



Ugizwe n'inzu zubatse mu kibanza gifite UPI 1/02/10/04/3292, ubuso bungana na 564 M 2, agaciro kangana na 34,952,200 Frw, uherereye mu Mudugudu wa Taba, Akagari ka Murama, Umurenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, kugira ngo hishyurwe umwenda abereyemo banki.

Gupiganwa mu buryo bw'ikoranabuhanga bizatangira tariki ya 13/10/2020 saa Mbiri (8H00) birangire tariki ya 19/10/2020 saa Tatu (9H00). Gusura uwo mutungo bizatangira tariki ya 13/10/2020, kugeza tariki ya 18/10/2020 mu masaha y'akazi.

Abifuza gupiganwa muri iyi cyamunara, bagomba kwishyura ingwate y'ipiganwa ingana na 1,747,610 Frw akishyurwa kuri konti numero 000400696575429 iri muri Banki ya Kigali (BK) yanditse kuri MINIJUST-AUCTION ya Minisiteri y'Ubutabera.

-Ifoto n'igenagaciro by'uwo mutungo biboneka ku rubuga rw'imanza zirangizwa, www.cyamunara.gov.rw

-Abifuza ibindi bisobanuro bahamagara kuri telefone igendanwa; 0788437221

Bikorewe i Kigali kuwa 12/10/2020


Itangazo rya cyamunara







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND