RFL
Kigali

Ibibazo bya Rayon Sports biroroshye! Ombalenga ari mu bakinnyi 3 beza muri Afurika – Rujugiro - VIDEO

Yanditswe na: SAFARI Garcon
Taliki:21/09/2020 14:45
0


Umufana akaba n’umukunzi ukomeye w’ikipe ya APR FC, ahamya ko ibibazo Rayon Sports ifite bidakomeye mu gihe yabona amafaranga kuko ari cyo kibazo gikomeye igira, anemeza ko myugariro Fitina Ombalenga ari mu bakinnyi 3 beza muri Afurika bakina mu bwugarizi ku ruhande rw’ibumoso.



Mu kiganiro InyaRwanda yagiranye n’abafana babiri b’amakipe akomeye mu Rwanda, umukunzi akaba n’umufana wa Rayon Sports, Rwarutabura ndetse na Rujugiro ku ruhande rwa APR FC, hagarutswe ku buryo aya makipe bafana yiteguye umwaka utaha w’imikino bijyanye n’uko yigaragaje ku isoko ry’abakinnyi.

Rujugiro ufana APR FC yagarutse ku buryo abona ikipe ye izitwara mu mwaka utaha w’imikino mu Rwanda ndetse no muri Afurika, agira inama Rayon Sports y’uburyo yakemura ibibazo, anagaruka ku bakinnyi abakunzi b’iyi kipe bagomba kwitega mu mwaka utaha.

Rwarutabura ufana Rayon Sports yavuze uko abona ikipe ye mu mwaka utaha w’imikino, anagaruka ku cyo we na bagenzi be bakwiye gukora ngo ikipe ye ive mu bibazo by’urudaca irimo muri iki gihe.

KANDAHANO UKURIKIRE IKIGANIRO TWAGIRANYE NA RWARUTABURA NA RUJUGIRO







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND