RFL
Kigali

Baravuze ngo ikipe y’igihugu izajyamo umugabo isibe undi, sinakwiroha, Rayon ndayikunda ariko sinayikinira muri ibi bihe-Papy Sibomana-VIDEO

Yanditswe na: SAFARI Garcon
Taliki:9/09/2020 13:41
0


Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ n’ikipe ya Police FC, Patrick Sibomana uzwi nka Papy, yatangaje byinshi ku mpamvu zo gusohoka muri Yanga Africans yakiniraga, agaruka kuri Rayon Sports yamwifuje mu bihe bitandukanye ndetse anakomoza ku ikipe y’igihugu atunga agatoki itangazamakuru arishinja kwangiza iterambere rya ruhago nyarwanda



Mu kiganiro Papy yagiranye na InyaRwanda Tv, yagaragaje itandukaniro ry’umupira w’amaguru mu Rwanda no muri Tanzania, anavuga igikenewe kugira ngo ruhago nyarwanda ive ku rwego iriho igere ku rundi rwego rushimishije. Papy kandi yanavuze ko mu gihe Itangazamakuru mu Rwanda risa nk'aho ari ryo rigena abakinnyi bahamagarwa mu ikipe y’igihugu, umusaruro mwiza utazagerwaho.

Papy akunda kwitabazwa cyane mu ikipe y'igihugu

Kurikira byinshi ku kiganiro twagiranye na Papy Sibomana:







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND