RFL
Kigali

Willian yamaze gusinya muri Arsenal igihe kingana n'imyaka itatu

Yanditswe na: ISHIMWE Olivier Ba
Taliki:14/08/2020 15:50
0


Arsenal Fc yemeje ko yaguze umukinnyi Willian wari umaze imyaka igera kuri irindwi akinira ikipe yambara ubururu n’umweru ya Chelsea.



Willian w’imyaka 32 azambara nimero 12 mu mugongo, nk'uko tubikesha ikinyamakuru BBC. Amasezerano ye azageza mu 2023. Willian kandi akaba yari yaranze kongera amasezerano muri Chelsea kuko bashakaga ko  asinya amasezerano y’imyaka 2 mu gihe we yashakaga imyaka itatu.   


Willian ubu ni umukinnyi wa Arsenal mu gihe kingana n'imyaka itatu





TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND