Mu gihe cy’amasaha 24 gusa, mu buhinde hapfuye abantu bagera kuri 904 bishwe na coronavirus
Abanduye bashya mu Buhinde biyongereyeho 56.282 bose hamwe baba miliyoni 2, Minisiteri y’ubuzima yavuze ko abapfuye bose bagera kuri 40,699, mu minsi 30 ishize hapfuye abantu 20.000.
Minisiteri yavuze kandi ko igipimo cyo gukira cyazamutse kugera kuri 67 ku ijana bivuye kuri 63 ku ijana mu minsi 14 ishize. Abarwayi bagera ku 600.000 baracyavurwa. Umubare w'abana bapfa bangana na 2,09 ku ijana.
Ubuhinde nicyo gihugu cya gatatu cyibasiwe cyane na
COVID-19. Abantu bagera ku 40.000 bapfuye bazize iyi ndwara, yatangiriye mu
Bushinwa mu Kuboza gushize.
Src: Aljazeera
TANGA IGITECYEREZO