RFL
Kigali

Mu Bushinwa: Ubunini bwabo ntibutuma babasha gukora imibonano mpuzabitsina none biyemeje kwibagisha ibifu

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:30/07/2020 17:00
0


Ku myaka 30, umugabo n’umugore b'Abashinwa ntibashobora gukora imibonano mpuzabitsina kubera ko bafite ikibazo cy’umubyibuho ukabije bityo Kugira ngo bakire bahisemo kwibagisha kugirango babjye babasha gukora imibonano mpuzabitsina



Kuri Lin Yue na Deng Yang, ntibishoboka ko babyara kubera ibiro byinshi bafite ari nabyo bituma batabasha gukora imibonano mpuzabitsina ngo babe babyara  

Uyu mukobwa ukiri muto yakoze uko ashoboye kose ngo abone umwambaro w’ubukwe, ibintu bitamworoheye kubera ubunini bwe  gusa kubw’amahirwe abasha gushyingiranwa na Lin. Nyuma y'imyaka mike nibwo bafashe icyemezo cyo kwibagisha



Uyu mukobwa rero yavuze ko yakora ibishoboka byose kugirango abe umubyeyi, icyo bizamusaba cyose azagikora maze ananuke ubundi abone uko akora imibonano mpuzabitsina bityo azabashe kubyara umwana


Bamwe mu nshuti zabo za hafi babagiriye inama yo kugabanyisha igifu cyabo kugirango bajye barya bike, gusa uyu mukobwa w’ibiro 243 avuga ko abasha kurya brochettes 100 z’ingurube ubundi akarenzaho inzoga ebyiri akumva nta kibazo afite


Src: Santeplusmag.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND