RFL
Kigali

Eddie Mico yasohoye amashusho y'indirimbo 'Byose bicecetse' yanditse aganira n'Imana-VIDEO

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:26/05/2020 21:06
0


Eddie Mico yamaze gushyira hanze amashusho y'indirimbo ikumbuza abantu kwihererana n'Imana. Ni indirimbo yashyize hanze mu buryo bw'amajwi mu mpera za Mata 2020, none amashusho yayo agiye hanze mu mpera za Gicurasi 2020.



Eddie Mico wamamaye mu ndirimbo 'Real Swagg', yabwiye INYARWANDA ko iyi ndirimbo ye ari isengesho aho yabwiraga Imana kumva ijwi rye aho ibintu byose byari bicecetse, ati "Byari nk'isengesho mbwira Imana ko iby'isi bindi byose bivuyeho cyangwa bicecetse..ndi imbere yawe wowe gusa, ni wowe nyotewe, nkeneye gukorwaho nawe simve aha ndi imbere yawe uko naje". Yavuze ko irimo ubutumwa kukumbuza abantu kwihererana n'Imana.

REBA HANO INDIRIMBO 'BYOSE BICECETSE' YA EDDIE MICO







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND