Ni nyuma y’igihe Tanasha Donna wari umugore wa Diamond Platnumz yahukanye agasubira iwabo ku ivuko muri Kenya, uyu mugore kuva yagenda ntahwema kuvugana n’itangazamakuru uburyo yarabanye n’umugabo we Diamond Platnumz , yaje no kugaruka kuri Nyirabukwe Sandra wari waramufashe nk’umukozi we.
Uyu mugore ,Tanasha Donna ahamya ko yisanze mu bihe bishya ubwo yagera
muri Tanzania, yahuye n’imigenzo n'imigenzo itandukanye, imyizerere n’ibindi yumvaga bitajyanye n’ubuzima bwe
nkuko ibitangazamakuru birimo ghafla bibitangaza.
Tanasha ukomoka mu gihugu cy’abaturanyi cya Kenya ,
avuga ko kandi yabonye atajyanye n’abatanzaniya kubera imico yabo.ahanini
Tanasha anakomoza ko Afurika isa naho atandukanye nayo mu mico ngo kuko yize mu
Bubiligi kugira ahakura impamyabumenyi ya kaminuza.
Tanash Icyakora, ubuzima bwaramugoye muri Tanzaniya
hamwe na nyirabukwe, Sandra Dangote wari witeze ko akanguka akamutekera kandi
abona Nyirabukwe atari umukecuru ushaje cyane warebera ibintu byose.
Mu magambo ya
Tanasha ati”Natangaga byose. Rimwe na
rimwe, nacirwa urubanza rwinshi kuko ntabwo ndi umugore usanzwe w’umuco wa Tanzaniya. Ntabwo nguma mu rugo,
kubyuka no guteka. Nkunda guteka ariko niba nshobora gukora akazi kuki atagakora tugasaranganya? Nahuye
n'inzitizi nyinshi”.
Tanasha ahamya ko gukundana na Diamond Platnumz ari nk’irushanwa
ry’urukundo ryatuma itsindwa dore ko gutsinda urwo rugamba rwo kumukunda
utabishobora nagato, gusa akomeza ashimangirako yamukundaga by’agahebuzo.Donna
ahurutse kumvikana atangaza ko nanone yananiwe kwihangana uburyo Diamond
Platnumz akorana n’amashitani ibintu atari kwihanganira , bityo yahukanana n’umwana
bari bamaze kubyarana.
Tanasha Donna atunga agatoki nyirabukwe mu mbarutso yo kwahukana
TANGA IGITECYEREZO