RFL
Kigali

Gasabo: Hagiye kugurishwa muri cyamunara inzu n'ubutaka iherereyemo

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:13/03/2020 23:51
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru No 020-011182 cyo kugurisha ingwate cyatanzwe kuwa 12/02/2020 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Hashingiwe ku mabwiriza y'Umwanditsi Mukuru No 03/2010/ORG yo ku wa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara ndetse no kwegukana ingwate;

Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko tariki ya 20/03/2020 saa munani z'amanywa, azagurisha muri cyamunara inzu n'ubutaka iherereyemo, biri mu kibanza UPI 1/02/10/04/3292, mu Kagari ka Murama, Umurenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali. Cyamunara izabera aho uwo mutungo uherereye.

Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefone igendanwa; 0788550679 cyangwa 0788532330

Bikorewe i Kigali none ku wa 13/03/2020

Ushinzwe kugurisha ingwate UMUGIRANEZA Jean Michel ni we washyize umukono kuri iri tangazo







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND