Jan w’imyaka 64 y’amavuko yahuye n’umugore we Monica mu mujyi wa Anvers mu Bubiligi mu mwaka w’1993, aba barakundanye biratinda ariko umugabo ntiyari azi ko umugore we ari umugabo
Monica,mbere yuko ahura na Jan yari asazwe abana n’umuvandimwe
we ndetse n’abana be, mu bigaragara Monica yari afite igikundiro ndetse yari
mwiza cyane nuko aza guhura na Jan ariko na we yari asanzwe ari yubatse ariko urgo rwe
rwaje gusenyuka abenguka Monica
Jan ati” nabonaga ko Monica ari umukobwa mwiza cyane
yari afite byose byiza ku bagore ntahowabonaga ko atari umukobwa kandi mwiza”
Jan afite imyaka 44 yari afite abana babiri yaje
kubaza Monica impamvu adasama amubwira ko afata imiti ituma adasama ariko
umugabo nta na rimwe yigeze amubona ayifata, mu gihe cyo kubaka urugo Monica
yafataga imiti yongera ububobere, umugabo ntabimenye
Nyuma rero nibwo mubyara wa Monica yaje kubasura ,
mu kiganiro cye ashyiramo ukuntu Monica afite igitsina gabo, umugabo we ahita
yikanga aragenda abaza umugore we neza uko bimeze, umugore amubwira ko ari
ukuri koko ko yavukanye igitsina gabo ariko amubwira ko yagiye kwibagisha ngo
arebe ko yagira imyanya y’ibanga y’abagore
Jan akibimenya yahise ajya kwaka gatanya ariko
baramwangira ariko akomeza gusaba gatanya ati” namaze imyaka 20 nshukwa n’umuntu,
Monica yarambeshye abeshya n’umuryango wanjye wose, ibyo yadukoreye
ntibibabarirwa, ndifuza ko ansohokera mu buzima”
Src: Dailymail
TANGA IGITECYEREZO