Umugabo yafunze igitsina cy’umugore we amaze kumenya ko yamuciye inyuma inshuro enye
Uretse ibyo kandi uyu mugabo yahawe amakuru n’abandi bantu bamubwira ko umugore we yinjiza abagabo mu rugo rwe nyuma y'uko umugabo yari ari mu butumwa bw’akazi noneho umugore aboneraho akanya ko kwinezeza uko ashaka.
Akimara gukusanya ayo
makuru yose, umugabo yagize umujinya mwinshi atekereza imyaka icumi amaranye n’umugore
we, afata icyemezo cyo gufunga igitsina cy’umugore we akoresheje colle nyinshi,
ibi yabikoze mbere y'uko afata urundi rugendo rw’akazi mu kindi gihugu.
Mbere y'uko Muno akora iki gikorwa kibi yifashishije umuturanyi ubundi bangiza imyanya y’ibanga y’umugore we, bimutera ububabare bukabije kugeza ubwo atabasha kwihagarika. Inzego z’umutekano zikibimenya zamutaye muri yombi zimuziza kwangiza imyanya y’ibanga yumugore we.
Src: dailystar
TANGA IGITECYEREZO