RFL
Kigali

Kunywa itabi cyane bigabanya indeshyo y’igitsina gabo

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:22/01/2020 13:41
0


Kunywa itabi ni ibintu benshi bamaze kumenya ko ari bibi ku buzima bwabo ndetse bishobora no kubazanira urupfu, ariko nanone hari ikintu abantu batigeze bavugaho kandi giteye ubwoba, abashakashatsi basanze itabi rigira ingaruka ku mikurire no ku buzima bwigitsina gabo aho rishobora gutuma igitsina kigabanuka kigasigara ari akantu gato cyane



Abashakashatsi bagaragaje ko aho itabi ribera ribi cyane ngo nuko mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina igitsina cy’umugabo kitabasha gufata umurgo nk’ibisanzwe ari nabyo bibangamira icyo gikorwa, ikindi ukiye kumrnya nuko  Marc Laniado umwe mubakoraga ubu bushakashatsi  yatangarije mukinyamakuru Mirro Online ko mu gihe igitsina cyawe kitabasha gufata umurego nk’ibisanzwe bivuze ko n’amaraso yawe atabasha gutembera neza


Ikindi nuko ibyo bisanzwe bimenyerewe ko uko umuntu anywa itabi kenshi ni nako agenda atakaza ubushobozi bwo gukora imibonano mpuzabitsina ni nayo mpamvu uzasanga ahanini abantu babaswe no kunywa itabi cyane baba ari inyanda ku busambanyi cyangwa se ku gukora imibonano mpuzabitsina 


Ibi byavuye mu bushakashatsi bakozwe mu mwaka w’1998 aho bwakorerwaga ku bantu 200 banywaga itabi cyane baza gusanga uko umuntu arushaho kunywa itabi cyane ari nako agabanya ingani y’igitsina cye uazasanga karabaye gato cyane kuko kadakweduka kubera kudatembera neza kw’amaraso

Src: Men’s health

    





TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND