RFL
Kigali

Amabere ye apima ibiro 10 yamugize ikirangirire-AMAFOTO

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:21/01/2020 15:56
1


Abagore benshi bakunze kumva ko bashobora gukurura abasore cyangwa abagabo bitewe n’amabere yabo manini, amabuno manini, amaguru meza cyangwa se mu maso heza. Benshi rero bifuza gushaka icyakorwa muri ibyo ngo bakundwe kurutaho ndetse hakaba n’abatihanganira gutegereza igihe bizazira bakajya kwibagisha ngo bakunde bakundwe.



Allegra Cole  ni umugore wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto ye yashyiraga ahagaragara, uyu munsi arifuza ko yabona abatera ikirenge mu cye bakibagisha amabere bakayagira manini nk'uko yabigenje, ubu aye akaba apima ibiro 10 byose.

Allegra Cole, atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, afite abana 8, yiyemeje kubagisha amabere ye ndetse afata umwanzuro wo kubishyira ahagaragara agamije gukangurira abandi bagore gutera ikirenge mu cye ngo babe beza kurushaho.

Allegra Cole ataribagisha amabere


Reba noneho amafoto ye akimara kugira amabere yifuzaga










Src: The Sun






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Simbankabo thomas4 years ago
    biteye isoni obonibamwe batishimira ukwimana yabaremye





Inyarwanda BACKGROUND