RFL
Kigali

Dr Vuningoma wari umuyobozi wa RALC yitabye Imana

Yanditswe na: Janvier Iyamuremye
Taliki:20/01/2020 11:20
3


Dr Vuningoma James wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Inteko Nyarwanda y’Ururimi n’Umuco (RALC) yitabye Imana azize uburwayi, mu gitondo cy’uyu wa mbere tariki 20 Mutarama 2020.



Dr Vuningoma yaguye mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal. INYARWANDA yahawe amakuru avuga ko "yaguye hano mu Rwanda nyuma yo kuva kwivuza mu Buhinde. Hari hashize iminsi micye avuyeyo"

Umuryango mugari w'Inteko Nyarwanda y'Ururimi n'Umuco wavuze ko "Ubabajwe no guhomba Umuyobozi mwiza wayiyoboye kuva yashingwa mu mwaka wa 2012 kugeza ubu kandi akaba yari amaze kugeza heza uru rwego ndetse n'iterambere ry'umuco n'ururimi muri rusange."

Dr Vuningoma yitabye Imana mu gitondo cy'uyu wa Mbere

IMANA IMUHE IRUHUKO RIDASHIRA






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Uwase Irene4 years ago
    Imana imuhe irihuko ridashira
  • Twizeymana JMV4 years ago
    IMANA IMWAKIRE MUBAYO
  • Munyemana Emmanuel4 years ago
    Birababaje ariko ntakundi Imana imwakire mu bayo.Muzi cyane muri Kie Ari vice lecteur academic.





Inyarwanda BACKGROUND