RFL
Kigali

Telefone 10 zitangiye umwaka wa 2020 zikunzwe cyane ku Isi

Yanditswe na: Eric Misigaro
Taliki:17/01/2020 8:03
0


Telefone igezweho ni ikimeneyetso cy’ubusirimu ikaba ikirato ku bantu b’ikinyejana cya 21. Ikigo cya Samsung kiri ku isonga mu kugira telefone z'agatangaza. Ni cyo kigo kiyoboye kikagwa mu ntege na Huwai y'Abashinwa. Twaguteguriye urutonde rwa telefone 10 nziza ndetse zikunzwe na benshi ku isi mu ntangiriro z'umwaka wa 2020.



Muri iyi minsi ikoranabuhanga ni ishyiga ry’inyuma muri buri gikorwa cyose, rikaba imbarutso y’ubukungu ry'abatuye isi. Nureba neza urasanga abaherwe isi ifite uyu munsi wa none bose aho basarura ni hamwe, aha ntahandi usibye mu nyanja y’amafaranga ”Technology”.

Binyuze mu ikoranabuhanga rigezweho benshi dufata telefone nk'ikirango cy’ubukungu ndetse n’ubushongore mu kujyana n’ibigezweho. Ntakabuza ubu twese turajwe inshinga no kumenya ni zihe telefone ziyoboye izindi. 

Mu gukora iyi nkuru twifashije imbuga zitandukanye zirimo techradar.com aho batubwira ko uru rutonde rudashingiye ku giciro cy'izi telefone ahubwo akenshi bibanda mu mikorere yazo ndetse n'ubudahangarwa zifitemo mu bijyanye na batiri, mu gufotoro ndetse hakiyongeraho n'uburyo abantu bari kuzikunda ku isoko. 

10. OnePlus 7T9. Samsung Galaxy Note 10

8. Oppo Reno 10x Zoom


7. OnePlus 7T Pro

6. Huawei P30

5. iPhone 11

4. Samsung Galaxy Note 10 Plus

3. iPhone 11 Pro/11 Pro Max

2. Huawei P30 Pro

1.  Samsung Galaxy S10/S10 Plus

Src: techradar.com, cnet.com, walmart.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND