RFL
Kigali

ITANGAZO RYA CYAMUNARA: Hagiye kugurishwa inzu yubatse mu karere ka Huye

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:25/12/2019 8:56
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru No 019-088441 cyo kugurisha ingwate cyatanzwe kuwa 11/11/2019 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Hashingiwe ku mabwiriza y'Umwanditsi Mukuru No 03/2010/ORG yo ku wa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara ndetse no kwegukana ingwate;

Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko; kuwa kabiri tariki ya 31/12/2019 saa Cyenda z'amanywa, azagurisha muri cyamunara inzu iri mu kibanza UPI 2/04/09/01/784 iri mu Kagari ka Butare, Umurenge wa Ngoma, Akarere ka Huye mu Ntara y'Amajyepfo. Cyamunara izabera aho uwo mutungo uherereye.

Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefone igendanwa; 0788550679 cyangwa 0788532330

Bikorewe i Kigali none ku wa 24/12/2019

Ushinzwe kugurisha ingwate UMUGIRANEZA Jean Michel ni we washyize umukono kuri iri tangazo







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND