RFL
Kigali

ITANGAZO RYA CYAMUNARA: Hagiye kugurishwa inzu yubatse mu mujyi wa Kigali

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:12/12/2019 10:19
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru No 019-081447 cyo kugurisha ingwate cyatanzwe kuwa 21/10/2019 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Hashingiwe ku mabwiriza y'Umwanditsi Mukuru No 03/2010/ORG yo ku wa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara ndetse no kwegukana ingwate;

Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko tariki ya 18/12/2019 saa Cyenda z'amanywa, azagurisha muri cyamunara inzu iri mu kibanza UPI 1/03/02/03/3210 iri mu Kagari ka Nyanza, Umurenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali. Cyamunara izabera aho uwo mutungo uherereye.

Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefone igendanwa; 0788550679 cyangwa 0788532330

Bikorewe i Kigali none ku wa 11/12/2019

Ushinzwe kugurisha ingwate UMUGIRANEZA Jean Michel ni we washyize umukono kuri iri tangazo







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND